IBIRYO,IMBORO N’IGITUBA

Ibiryo na byo bikunze gukoreshwa mu kwerekana urukundo ndetse no mu mibonano mpuzabitsina.Inkundo nyinshi zitangirira ku meza abantu basangira kandi gutekera umuntu bishobora gushimisha cyangwa ntibishimishe nko guhuza igitsina
NI IBIHE BIRYO BIKORESHWA MU GUHUZA IBITSINA

Ibiryo byose bishobora gukoreshwa mu rukundo no mu mibonano mpuzabitsina, ariko hari ubwoko bw’ibiryo byihariye bimenyerewe abantu bakunze gukoresha mu mibonano mpuzabitsina.
Za sweets nka za chocolats zikunze kwerekana Urukundourukundo nk’iyo zitanzwe ku minsi yitiriwe urukundo nka S t Valentine cyangwa mwasohokanye.

Mu cyumba murimo cyangwa mwenda guhuza ibitsina, ushobora gusuka chocolate ku mubiri w’umukunzi wawe ukayirigata.Ubuki na bwo bukora uwo murimo, hari n’ababusuka ku imboro barangiza bakaburigata.Hari n’ibindi wasuka ku mubiri w’umukunzi wawe ukabirigata bukamwereka ko umukunze.Ushobora gusuka champagne ku igituba cy’umugore ukayirigata ugakurizaho kumusoma mu igituba n’ibindi.

Hari n’ibindi bikoreshwa. Nk’imineke bavuga ko isa n’imboro kandi ni byo,hari n’urubuto bita peach rusa n’igituba.Icyo ari cyo cyose cyashimisha umukunzi wawe cyangwa cyatuma ashyukwa ushobora kugikoresha maze “mugakundana mudashinyika” nk’uko umuhanzi Bangambiki yabivuze mu muvugo we witwa ‘Ngwino mugabo wanjye’

ICYITONDERWA:Ugomba kwirinda gusuka ibintu birimo isukari nk’ubuki,chocolat mu igituba kuko bihungabanya uburinganire bw’imisemburo mu igituba bikaba byatera indwara.

One thought on “IBIRYO,IMBORO N’IGITUBA”

Leave a comment