INAMA Z’IMBORO N’IGITUBA KU BAGABO

Umugabo agomba kunezeza umugore we buri gihe kabone n’iyo umugore yamurakaje ahubwo akamubwira udukuru twiza kandi ukamukayakaya maze ukamuswera bigatuma agwa neza.

Kirazira kurakaza umugore buri gihe, kumuratira abandi bagore, kumunegura imyambarire, uko asa cyangwa guhora uhinyura ibyo avuze no kumukubita.

Umugabo kandi agomba guhora yereka umugore urukundo, kumukinisha burigihe amukoma, amunosha utwara n’udushyi tutababaje, ndetse aho bakubitaniye akamusoma.

Ni byiza ko umugabo ashaka umunsi akagenzura neza igituba cy’umugore we kandi akagikorera isuku nko kumwogosha insya no mu mayasha. Bituma amenya uko giteye n’uko yakoresha imyanya yacyo yose ngo ashimishe umugore.

Umugabo agomba gutegereza umugore akarangiza cyangwa se yakunva uko ahumeka akamenya ko agiye kurangiza maze ukavunira yungikanya mukarangiriza kimwe.

Iyo udashoboye kwiyaka umugore ugerageza gusa naho uyikuyemo ukanyatiriza hejuru kuri rugongo maze we agakomeza yarangiza ukabona gutangira kuvunira bityo ugasohora.

Abagabo batanga abagore kurangiza ntibungikanye ahubwo bakinumira batera abagore ingeso mbi.

Ntabwo ari byiza ko umugabo avunira umugore cyane iyo akujije inda bishobora kumuviramo kumukomeretsa cyangwa akavanamo inda kuko umura uba waraje bugufi wegereye mu matako.

Abagabo bamwebakunda gucumita abagore batwite ngo abagore babo nibwo babaryohera; ntitwabihakana nibyo kuko baba bafite ubushyuhe bwinshi ariko byakabaye byiza banyujije hejuru mu imishino, kuri rugongo cyangwa mu imigoma .
Sibyiza gusohorera mu mugore igihe umwana yegereje kuvuka.

Si byiza kandi gucumita cyane umugore uri mu mihango kabone n’iyo yaba abishaka bishobora kumuviramo indwara zo munda kubera amaraso avanga n’amasohoro byagera munda bikavura icyo gihe bikunze gutuma abagore benshi bajyanwa kwa muganga bakaboza mu nda kuko byigira umubumbe ndetse bamwe bakabagwa.

Si byiza kwonka imoko z’umugore yegereje kubyara kuko byica gahunda zikorwa ry’amashereka atunga umwana. Iyo umugabo yonse imoko y’umugore atwite ashobora kuzana amashereka y’inkanya bigatuma atangira kureta nkaho yabyaye bikamutera amasazi ndetse akabyimbirwa ku moko no kwunva ahindutse mu mubiri agasa nurwaye.