Ibyo kwitondera mbere y'uko ukora imibonano mpuzabitsina

Gukora imibonano mpuzabitsina nikimwe mubintu bishimisha bya mbere bibaho gusa iki gikorwa iyo gikozwe mu buryo butateguwe gishobora kukubihira ukanazinukwa dore ko kandi mu gihe abantu babiri bari muri iki gikorwa umwe ntiyishime, bashobora no gutandukana burundu ntihazagire nuwongera kuvugisha undi. Bityo rero bisaba ubushishozi buhanitse kugira ngo ugere kuri ibi byishimo…..komeza usome

Ibyo ugomba kwitondera mbere y’uko ukora imibonano mpuzabitsina

Zimwe mu ndwara zandurira mu gusomana

Kwangirika amenyo

Iki ngo ni ikibazo kivuka hagati y’umwana na nyina igihe umubyeyi akunda gusoma umwana we ku munwa. Hari ubwo umubyeyi asoma umwana ku munwa maze akamusigaho udukoko twangiza amenyo y’umwana bityo igikorwa cyo kwangirika kw’amenyo ye kigatangira ubwo……

Indwara zandurira mu gusomana

Inkuru bisa


Kuki umukobwa mutari mu rukundo cyane yanga ko muryamana

Urukundo ni kimwe mu bintu by’ingenzi umuntu acyenera kandi cyane bityo bigasaba ko buri muntu agira inshuti ye ya hafi yizera kandi mu bikorwa byose igihe, uwo mukundana atakwizeye ntago bigenda neza cyane bityo twabateguriye zimwe mu mpamvu ukundana n’umukobwa ariko mutarajya mu rukundo byimbitse ntiyemere ko muryamana kandi agukunda byimazeyo ukayoberwa impamvu zibimutera zimwe muri izo mpamvu harimo nk’izi zasobanuwe hasi…..

Impamvu umukobwa mutari mu rukundo cyane yanga ko muryamana

Ibyo umukobwa akwiye kubanza kwibaza mbere y’uko aryamana n' umusore

Muri iki gihe ubusambanyi bumaze gufata indi ntera hagati y’abasore n’abakobwa bitwaje urukundo, nyamara ibi ni inzaduka mu muco nyarwanda ntibyahozeho ndetse ababikoraga babafataga nk’abakoze amahano byanaba ngombwa umukobwa watwaye inda itateguwe akoherwa…..

Ibyo umukobwa akwiye kubanza kwibaza mbere y’uko yemera kuryamana n’ umusore w’iki gihe